RBA HAFI YAWE ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zikorera mu bice bihana imbibi n’ibihugu byombi bahuriye i Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba. Iyi nama ya 12 yigiwemo ingamba zo ku kurushaho kunoza ...
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yasabye abagera ku 4562 basoje amasomo mu Ishuri ry’Imyuga, Tekinike n’Ubumenyingiro, RP (Rwanda Polytechnic) kurangwa n’indangagaciro no kubyaza umusaruro ...
Ababyeyi n'abana bo mu Ntara y’Amjayepfo ntibavuga rumwe ku kibazo cy’abana bakomeje guta ishuri, gusa ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo ku bufatanye n’inzego zibanze n’ibigo by’amashuri hari ingamba ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
Umunyamabanga Mukuru w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda, yavuze ko mu nshingano aherutse kurahirira azakomereza ku musingi washyizweho w’ubufatanye n’izindi ...
Bamwe mu barimu n'abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze, batangaje ko babangamiwe n'ubucucike bugaragara mu byumba by'amashuri, bavuga ko bikoma mu nkokora ...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru mushya w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Colonel Pacifique Kayigamba Kabanda. Col Kabanda aherutse guhabwa izi ...
Kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye, hasorejwe imikino y'Umurenge Kagame Cup 2025, ku rwego rw'intara y'Amajyepfo ,aho abatwaye ibikombe biyemeje guhagararira neza iyi ntara ku rwego rw'Igihugu. Umurenge ...
Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu wa Afurika y’Amajyepfo ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, zemerewe gutahana intwaro zazo n’ibikoresho, kandi AFC/M23 igafasha mu ishyirwa mu ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results